“Dukore Twigire”: Umushinga mushya ugamije guhindura imibereho y’impunzi z’inkambi ya Kiziba n’abaturage bayikikije
Ku wa 15 Ukwakira 2025, Caritas Rwanda yatangije ku mugaragaro umushinga “DUKORE TWIGIRE” ugamije guteza imbere imiryango 598 y’impunzi n’abaturage...
Read MoreKAYONZA: Imvura n’umuyaga bidasanzwe byahitanye abantu batandatu
Imvura ikaze ivanze n’umuyaga yaguye mu Murenge wa Murama mu karere ka Kayonza, ihitana abantu batandatu, inangiza hectar zisaga 20 z’imyaka...
Read MoreMiliyoni 700 ku Isi na 240 muri Afurika y’Amajyepfo y’Ubutayu bwa Sahara ntibabona ibyo kurya bihagiye. u Rwanda rurasabwa kudacogora mu ngamba zo kwihaza mu biribwa
U Rwanda rwatangaje ko rukomeje gushyira imbaraga mu kongera umusaruro w’ibiribwa n’amatungo, mu gihe Isi yose icyugarijwe n’ikibazo gikomeye...
Read MoreUmunsi w’umugore wo mu cyaro ,Yashoye imari mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro bimubyarira ibisubizo!
Musabyemariya Marie Goretti wo mu murenge wa Ndaro akarere ka Ngorerero avuga ko aticuza na gato kuba yarashoye imari mu bucukuzi bw’amabuye...
Read MoreUmuryango: Ingaruka zo Kureresha umwana telefone
Kenshi ababyeyi, iyo bafite imirimo ibahugije usanga bahitamo guha abana babo telefone nk’igikinisho, abandi bamaze kwigira hejuru, bakayibaha...
Read MoreRwanda: RFI Yasabye Ababyeyi Kwitonda mu Gupimisha ADN, Inateganya no Kuyifashisha mu Kurengera Abana Batewe Inda
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibimenyetso bishingiye ku Bumenyi n’Ubuhanga bikoreshwa mu Butabera (RFI) cyagaragaje ko gupima uturemangingo ndangasano (ADN)...
Read MoreAbanyarwanda bageze kuri miliyoni 14.1
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare, NISR, cyatangaje ko Abanyarwanda bageze kuri miliyoni 14,1 bavuye kuri miliyoni 13,2 bariho mu 2022,...
Read MoreKugira inzozi mbi byongera ibyago byo gupfa vuba – Ubushakashatsi
Kurota, ukagira inzozi igihe uryamye ni ibintu bisanzwe ndetse nta muntu bitabaho, ariko uzumva hari uvuga ati ‘narose nabi’, aho umuntu aba yagize...
Read MoreItorero Inganzo Ngari ryateguje igitaramo ku Munsi w’Umuganura
Itorero Inganzo Ngari ryatangiye imyiteguro y’igitaramo bise ’Tubarusha Inganji’ kizaba ku wa 1 Kanama 2025, kigamije kugaragaza uko u Rwanda...
Read More