Gusambanya abana: Icyaha kidasaza
Mu gihe imibare y’abana basambanywa ikomeje gutera impungenge, inzego za Leta n’abafatanyabikorwa ziravuga ko kurwanya iki cyaha bisaba uruhare rwa...
Read MoreEbola imaze guhitana abantu 91 muri RDC, umupaka wa Goma na Rubavu urafungwa
Icyorezo cya Ebola gikomeje guteza impungenge mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo nyuma y’uko abantu 91 bakekwaho kuba bamaze...
Read MoreUmuryango: Ishuri ry’amahoro
Mu gihe amakimbirane mu ngo akomeje kugaragara henshi, abasesenguzi bavuga ko umuryango ukomeza kuba umusingi ukomeye wo kubaka amahoro no gukemura...
Read MoreImvugo idaheza: Uburyo amagambo ashobora kubaka cyangwa gusenya ubuzima bw’abafite ubumuga
Mu Rwanda, nubwo amategeko arengera abafite ubumuga agenda ashyirwa mu bikorwa, haracyagaragara imbogamizi mu mvugo ikoreshwa mu kuvuga ku...
Read MoreGatanya zirimo kwiyongera cyane mu Rwanda: imiryango mishya iri mu kaga
Mu gihe cy’umwaka umwe gusa, umubare wa gatanya zemejwe n’inkiko mu Rwanda wiyongereye ku buryo burenze inshuro ebyiri, ibintu impuguke zibona...
Read MoreKwibuka Jenoside yakorewe abatutsi: Icyizere kubarokotse, inshingano ku rubyiruko
“Ababyeyi barapfuye, nanjye byageze aho nifuza gupfa…” ni amagambo ya Umutoni Mariane, umwe mu barokotse Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994,...
Read MoreKwibuka abanyamakuru bishwe muri Jenoside: Itangazamakuru rirasabwa kuba umusemburo w’ubumwe
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Mata 2026, mu kigo cy’igihugu cy’itangazamakuru, Rwanda Broadcasting Agency (RBA), habereye umuhango wo...
Read MoreUrubyiruko ku isonga muri “Walk to Remember” yitabiriwe na Perezida Paul Kagame
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ku mugoroba w’uyu wa 7 Mata 2026 yifatanyije n’Abanyarwanda, by’umwihariko urubyiruko, mu...
Read MoreGasabo: Ingo zisaga 1000 zibasirwa n’amakimbirane, abaturage basabwa guhagurukira ihohoterwa mu miryango
Mu gihe imibare igaragaza ko mu mwaka wa 2025 mu karere ka Gasabo habaruwe ingo zirenga 1000 zifite amakimbirane, abaturage bo mu murenge wa...
Read MoreIsuku yo mu kanwa: Uko kwirinda byagabanya indwara z’amenyo ku bana
Kwizera Diane, umwana wahuye n’ikibazo cy’amenyo akiri muto, ni urugero rugaragaza ingaruka zo kudaha agaciro isuku yo mu kanywa hakiri kare. Uyu...
Read More