Gusambanya abana: Icyaha kidasaza
Mu gihe imibare y’abana basambanywa ikomeje gutera impungenge, inzego za Leta n’abafatanyabikorwa ziravuga ko kurwanya iki cyaha bisaba uruhare rwa...
Read MoreEbola imaze guhitana abantu 91 muri RDC, umupaka wa Goma na Rubavu urafungwa
Icyorezo cya Ebola gikomeje guteza impungenge mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo nyuma y’uko abantu 91 bakekwaho kuba bamaze...
Read MoreUmuryango: Ishuri ry’amahoro
Mu gihe amakimbirane mu ngo akomeje kugaragara henshi, abasesenguzi bavuga ko umuryango ukomeza kuba umusingi ukomeye wo kubaka amahoro no gukemura...
Read MoreAmerika yamaganye igitero drone za FARDC zagabye i Mushaki
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zamaganye igitero cya drone cyagabwe mu gace ka Mushaki muri Teritwari ya Masisi, zisaba impande zihanganye gutanga...
Read MoreAFC/M23 yatangaje umubare w’ abantu baguye mu gitero cya drone cyabereye i Mushaki
Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko abantu bagera kuri 20 ari bo baguye mu gitero cya drone cyagabwe ku isoko rya Mushaki, riherereye muri Teritwari ya...
Read MoreNangaa wa AFC/M23 yikomye Amerika nyuma y’igitero cya drone za FARDC cyishe benshi i Mushaki
Umuhuzabikorwa w’ihuriro AFC/M23, Corneille Nangaa, yanenze imyitwarire ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma y’igitero giherutse kubera mu gace ka...
Read MoreImvugo idaheza: Uburyo amagambo ashobora kubaka cyangwa gusenya ubuzima bw’abafite ubumuga
Mu Rwanda, nubwo amategeko arengera abafite ubumuga agenda ashyirwa mu bikorwa, haracyagaragara imbogamizi mu mvugo ikoreshwa mu kuvuga ku...
Read MoreGatanya zirimo kwiyongera cyane mu Rwanda: imiryango mishya iri mu kaga
Mu gihe cy’umwaka umwe gusa, umubare wa gatanya zemejwe n’inkiko mu Rwanda wiyongereye ku buryo burenze inshuro ebyiri, ibintu impuguke zibona...
Read MoreKwibuka Jenoside yakorewe abatutsi: Icyizere kubarokotse, inshingano ku rubyiruko
“Ababyeyi barapfuye, nanjye byageze aho nifuza gupfa…” ni amagambo ya Umutoni Mariane, umwe mu barokotse Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994,...
Read MoreKwibuka abanyamakuru bishwe muri Jenoside: Itangazamakuru rirasabwa kuba umusemburo w’ubumwe
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Mata 2026, mu kigo cy’igihugu cy’itangazamakuru, Rwanda Broadcasting Agency (RBA), habereye umuhango wo...
Read More