Mu Rwanda: Indwara ya diyabeti mu ndwara 10 zihitana abantu
Indwara ya diyabete iri ku mwanya wa 10 mu ndwara 20 zihitana abantu mu Rwanda, aho mu 2024, yahitanye abantu 460, bangana 3.6%. Nubwo iyi ndwara...
Read MoreMu bihe by’imvura, abana bari munsi y’imyaka itanu bazahazwa n’indwara y’ibicurane
Mu bihe by’imvura, indwara y’ibicurane iriyongera mu Rwanda kandi ikazahaza abana bari munsi y’imyaka itanu. Ministeri y’Ubuzima isaba...
Read MoreIgabanuka ry’ingo zikora ubuhinzi n’ubworozi: ikimenyetso k’impinduka mu bukungu bw’u Rwanda
Mu myaka irindwi ishize, umubare w’ingo zikora ubuhinzi n’ubworozi, wagabanutse ku kigero cya 15%, ibintu impuguke zisobanura...
Read MoreIkiguzi kiri hejuru cy’inkoni yera gikomeje kuba inzitizi ku bafite ubumuga bwo kutabona
Abafite ubumuga bwo kutabona bavuga ko igiciro cy’inkoni yera kiri hejuru cyane ku buryo benshi batabasha kuyibona, bigatuma batabasha...
Read MoreKumva nabi ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye: imwe mu mpamvu z’amakimbirane mu ngo
Nubwo ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye rigamije guteza imbere umuryango urangwamo amahoro n’ubwisanzure hagati y’abashakanye, bamwe mu bagore...
Read MoreIgi rimwe buri munsi: uburyo bworoshye bwo gufasha umwana gukura neza no kurwanya imirire mibi
Abahanga mu mirire bavuga ko igi, ari kimwe mu biribwa bihendutse kandi bifite intungamubiri z’ingenzi umwana akenera mu mikurire ye. N’ubwo...
Read MoreMu Rwanda: Ingo 2% gusa ni zo zifite ibitabo by’abana
Raporo nshya y’Umuryango w’Abibumbye wita ku bana, UNICEF, yasohoye mu Ukwakira 2025, igaragaza ko umuco wo gusoma mu ngo zo mu Rwanda ukiri hasi...
Read MoreLeta y’u Rwanda yiyemeje kwishingira abahinzi ku kigero cya 40%
Mu rwego rwo guteza imbere ubuhinzi no kurwanya igihombo giterwa n’ibiza, Leta y’u Rwanda yashyizeho gahunda y’ubwishingizi...
Read MoreUmubyeyi arasaba umuryango nyarwanda kurandura ihezwa rikorerwa abana bafite ubumuga
Mu gihe bamwe mu bana bafite ubumuga bakomeje guhezwa mu miryango no mu mashuri, bamwe mu babyeyi barasaba ko imyumvire igayitse igomba...
Read MoreNyamagabe: Ingo zisaga 51% zikennye, ubuyobozi bwiyemeje kongera umusaruro w’ibiribwa
Mu gihe ubushakashatsi bwa NISR bugaragaza ko ingo 51,4% zo mu Karere ka Nyamagabe zikennye, ubuyobozi bw’akarere buvuga ko buri gushyira...
Read More