Uburezi butangirira mu rugo: MIGEPROF isaba ababyeyi gufata iya mbere
Mu gihe bamwe mu babyeyi bakomeje kugaragaza impungenge ku musaruro w’abana babo mu mashuri, Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere...
Read MoreUmuyobozi wa RMC, Scovia Mutesi, yashinje MIGEPROF gutererana umuryango nyarwanda
Kuwa wa Kabiri tariki ya 30 Ukuboza 2025, abagize Inteko Ishinga Amategeko, abayobozi mu nzego za Leta, abahagarariye sosiyete sivile n’urubyiruko,...
Read MoreKuva ku bagore 56 kugera kuri 24% mu nzego z’umutekano
Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF), ku bufatanye n’umuryango AKWOS, yagaragaje ko umuryango ari wo shingiro...
Read MoreUruhare rw’ababyeyi mu gufasha abana kwidagadura mu mutekano
Kwidagadura ni kimwe mu bintu abana bakunda cyane. Ariko kugira ngo bifashe umwana gukura neza kandi mu mutekano, uruhare rw’ababyeyi ni...
Read MoreNyamasheke: Kampani z’abaveterineri bigenga zigiye kugabanya impfu z’amatungo
Aborozi bo mu Karere ka Nyamasheke batangiye kugira icyizere cy’uko impfu z’amatungo zigiye kugabanuka, nyuma y’uko kampani 188...
Read MoreImanza zisaga ibihumbi 20 zarangijwe binyuze mu buhuza
Mu gihe inkiko mu Rwanda zigifite imanza nyinshi zo kurangiza, ubuhuza buri kugenda buba inzira yihuse kandi yoroheje yo gukemura ibibazo hagati...
Read MoreU Rwanda mu rugamba rwo guhashya indwara zituruka ku mwanda
N’ubwo u Rwanda rwateye intambwe mu kugeza amazi meza n’ubwiherero bwujuje ibisabwa ku baturage, raporo nshya z’Imibereho y’Ingo...
Read MoreAmabwiriza mashya y’Urukiko rw’Ikirenga mu kongera ireme n’ubushishozi mu manza z’abana
Urukiko rw’Ikirenga rwatangaje imbanziriza mushinga y’amabwiriza mashya agena uko imanza z’abana zatunganywa, agamije gukemura ibimaze kugaragara mu...
Read MoreIhohoterwa rikorerwa abagore ku isi no mu Rwanda: Imibare irerekana uburemere
Hafi umugore umwe kuri batatu ku isi ahura n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina. Imibare ya NISR ku bushakashatsi bw’imibereho n’ubuzima (2019-2020)...
Read MoreIgwingira mu bana bato rikomeje guhangayikisha U Rwanda
Nubwo u Rwanda rwashyizeho gahunda zitandukanye zo kurwanya igwingira n’imirire mibi mu bana, imibare ya DHS 2019-2020 irerekana ko 33%...
Read More