Urubyiruko ku isonga muri “Walk to Remember” yitabiriwe na Perezida Paul Kagame
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, ku mugoroba w’uyu wa 7 Mata 2026 yifatanyije n’Abanyarwanda, by’umwihariko urubyiruko, mu...
Read MoreIsuku yo mu kanwa: Uko kwirinda byagabanya indwara z’amenyo ku bana
Kwizera Diane, umwana wahuye n’ikibazo cy’amenyo akiri muto, ni urugero rugaragaza ingaruka zo kudaha agaciro isuku yo mu kanywa hakiri kare. Uyu...
Read MoreAbikorera basabwa kongera uruhare mu bujyanama bw’ubuhinzi hagamijwe kuzamura umusaruro
Mu gihe u Rwanda rushaka kongera umusaruro w’ubuhinzi, abikorera barasabwa kugira uruhare rugaragara mu kugeza ubujyanama ku bahinzi,...
Read MoreInzoga z’inkorano mu Rwanda: Ingaruka ku muryango n’ejo hazaza h’urubyiruko
Mu gihe inzoga zikomeje gufatwa nk’uburyo bwo kwidagaduro kuri bamwe, hari izindi zigenda zikwirakwira mu buryo butemewe, zikorwa nta bugenzuzi kandi...
Read MoreUbutwari butangirira mu rugo
Mu rugo rumwe, umubyeyi yiricaye n’abana be, abigisha isomo ryoroshye ariko rikomeye: kuvugisha ukuri, n’iyo byabagora. Si isomo riri mu...
Read MoreOMS isaba kongera imisoro ku binyobwa bisindisha n’ibirimo isukari
Umuryango w’abibumbye wita ku buzima, OMS irasaba ibihugu kuzamura no kunoza imisoro ku binyobwa bisindisha n’ibirimo isukari, kubera ko...
Read MoreUbwishingizi bw’Ubuhinzi: Icyizere mu bihe by’ibiza
Ubwishingizi bw’Ubuhinzi: Icyizere mu bihe by’ibiza Mu gihe ibiza bikomeje kwangiza imyaka no guhungabanya ubuzima bw’abahinzi, gahunda ya Tekana...
Read MoreIgwingira ry’abana mu Rwanda ryagabanutseho 6% mu myaka itanu
Ubushakashatsi bwa 7 ku Mibereho n’Ubuzima bw’Abaturage (DHS) bwakozwe na NISR bugaragaza ko igipimo cy’abana bari munsi y’imyaka itanu...
Read More69% by’abagore bashyingiwe bakoresha uburyo bwo kuboneza urubyaro
Imibare mishya y’Ubushakashatsi bwa 7 ku Mibereho n’Ubuzima (DHS), igaragaza ko mu Rwanda, abagore bashyingiwe, bakomeje kwitabira uburyo bwo...
Read More80.7% by’abana bari munsi y’imyaka itandatu bari muri gahunda y’imbonezamikurire y’abana bato (ECD)
Mu Rwanda, serivisi z’imbonezamikurire y’abana bato zikomeje kugera ku bana benshi, aho umubare munini w’abari munsi y’imyaka itandatu...
Read More