Mu Rwanda: Indwara ya diyabeti mu ndwara 10 zihitana abantu
Indwara ya diyabete iri ku mwanya wa 10 mu ndwara 20 zihitana abantu mu Rwanda, aho mu 2024, yahitanye abantu 460, bangana 3.6%. Nubwo iyi ndwara...
Read MoreMu bihe by’imvura, abana bari munsi y’imyaka itanu bazahazwa n’indwara y’ibicurane
Mu bihe by’imvura, indwara y’ibicurane iriyongera mu Rwanda kandi ikazahaza abana bari munsi y’imyaka itanu. Ministeri y’Ubuzima isaba...
Read MoreIgabanuka ry’ingo zikora ubuhinzi n’ubworozi: ikimenyetso k’impinduka mu bukungu bw’u Rwanda
Mu myaka irindwi ishize, umubare w’ingo zikora ubuhinzi n’ubworozi, wagabanutse ku kigero cya 15%, ibintu impuguke zisobanura...
Read MoreIkiguzi kiri hejuru cy’inkoni yera gikomeje kuba inzitizi ku bafite ubumuga bwo kutabona
Abafite ubumuga bwo kutabona bavuga ko igiciro cy’inkoni yera kiri hejuru cyane ku buryo benshi batabasha kuyibona, bigatuma batabasha...
Read MoreKumva nabi ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye: imwe mu mpamvu z’amakimbirane mu ngo
Nubwo ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye rigamije guteza imbere umuryango urangwamo amahoro n’ubwisanzure hagati y’abashakanye, bamwe mu bagore...
Read MoreLeta y’u Rwanda yiyemeje kwishingira abahinzi ku kigero cya 40%
Mu rwego rwo guteza imbere ubuhinzi no kurwanya igihombo giterwa n’ibiza, Leta y’u Rwanda yashyizeho gahunda y’ubwishingizi...
Read MoreNyamagabe: Ingo zisaga 51% zikennye, ubuyobozi bwiyemeje kongera umusaruro w’ibiribwa
Mu gihe ubushakashatsi bwa NISR bugaragaza ko ingo 51,4% zo mu Karere ka Nyamagabe zikennye, ubuyobozi bw’akarere buvuga ko buri gushyira...
Read MoreIbarurishamibare rifasha gufata ibyemezo n’ingamba zishingiye ku mibare ifatika
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare, NISR kiributsa ko imibare ikoreshwa mu gufata ibyemezo byose, uhereye ku igenamigambi rya Leta kugeza no...
Read More“Dukore Twigire”: Umushinga mushya ugamije guhindura imibereho y’impunzi z’inkambi ya Kiziba n’abaturage bayikikije
Ku wa 15 Ukwakira 2025, Caritas Rwanda yatangije ku mugaragaro umushinga “DUKORE TWIGIRE” ugamije guteza imbere imiryango 598 y’impunzi n’abaturage...
Read MoreKAYONZA: Imvura n’umuyaga bidasanzwe byahitanye abantu batandatu
Imvura ikaze ivanze n’umuyaga yaguye mu Murenge wa Murama mu karere ka Kayonza, ihitana abantu batandatu, inangiza hectar zisaga 20 z’imyaka...
Read More