Inzoga z’inkorano mu Rwanda: Ingaruka ku muryango n’ejo hazaza h’urubyiruko
Mu gihe inzoga zikomeje gufatwa nk’uburyo bwo kwidagaduro kuri bamwe, hari izindi zigenda zikwirakwira mu buryo butemewe, zikorwa nta bugenzuzi kandi...
Read MoreUbutwari butangirira mu rugo
Mu rugo rumwe, umubyeyi yiricaye n’abana be, abigisha isomo ryoroshye ariko rikomeye: kuvugisha ukuri, n’iyo byabagora. Si isomo riri mu...
Read MoreOMS isaba kongera imisoro ku binyobwa bisindisha n’ibirimo isukari
Umuryango w’abibumbye wita ku buzima, OMS irasaba ibihugu kuzamura no kunoza imisoro ku binyobwa bisindisha n’ibirimo isukari, kubera ko...
Read MoreUbwishingizi bw’Ubuhinzi: Icyizere mu bihe by’ibiza
Ubwishingizi bw’Ubuhinzi: Icyizere mu bihe by’ibiza Mu gihe ibiza bikomeje kwangiza imyaka no guhungabanya ubuzima bw’abahinzi, gahunda ya Tekana...
Read MoreIgwingira ry’abana mu Rwanda ryagabanutseho 6% mu myaka itanu
Ubushakashatsi bwa 7 ku Mibereho n’Ubuzima bw’Abaturage (DHS) bwakozwe na NISR bugaragaza ko igipimo cy’abana bari munsi y’imyaka itanu...
Read More69% by’abagore bashyingiwe bakoresha uburyo bwo kuboneza urubyaro
Imibare mishya y’Ubushakashatsi bwa 7 ku Mibereho n’Ubuzima (DHS), igaragaza ko mu Rwanda, abagore bashyingiwe, bakomeje kwitabira uburyo bwo...
Read More80.7% by’abana bari munsi y’imyaka itandatu bari muri gahunda y’imbonezamikurire y’abana bato (ECD)
Mu Rwanda, serivisi z’imbonezamikurire y’abana bato zikomeje kugera ku bana benshi, aho umubare munini w’abari munsi y’imyaka itandatu...
Read MoreUburezi butangirira mu rugo: MIGEPROF isaba ababyeyi gufata iya mbere
Mu gihe bamwe mu babyeyi bakomeje kugaragaza impungenge ku musaruro w’abana babo mu mashuri, Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere...
Read MoreUmuyobozi wa RMC, Scovia Mutesi, yashinje MIGEPROF gutererana umuryango nyarwanda
Kuwa wa Kabiri tariki ya 30 Ukuboza 2025, abagize Inteko Ishinga Amategeko, abayobozi mu nzego za Leta, abahagarariye sosiyete sivile n’urubyiruko,...
Read MoreKuva ku bagore 56 kugera kuri 24% mu nzego z’umutekano
Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango (MIGEPROF), ku bufatanye n’umuryango AKWOS, yagaragaje ko umuryango ari wo shingiro...
Read More